Urwenya : Ukuri gushirira mu biganiro
Ibintu biranga Abanyafurika![]()
![]()
![]()
1. Kwihagarika (kunyara) iruhande rw’ubwiherero (umusarani)![]()
![]()
2. Umugore aryama iruhande rw’urukuta![]()
![]()
3. kubika imisatsi inyuma y’urugi![]()
4. Iyo ubaye umukire abantu bavuga ko ufite inzoka ![]()
![]()
5. iyo ugeze mu zabukuru uba uri umupfumu![]()
![]()
6. Iyo urimo gukaraba , bakubaza niba hari aho wenda kujya.![]()
7. Kubika amasahani,ibikombe n’ibiyiko ku ruhande by’umwihariko bigenewe abashyitsi.![]()
![]()
8. Kubara ibice by’inyama.![]()
![]()
9. Muri Afurika nta rupfu rusanzwe rubaho ; umwanzi wawe ahora ariwe nyirabayazana warwo.![]()
![]()
10. Kubara amafaranga nyuma yo kuyakura mu cyuma cya ATM.![]()
![]()
11. Kurongora umugore mwiza byitirirwa kurongora indaya.![]()
![]()
12. Hari ibice byihariye by’inyama z’inkoko bihora bigenewe umugabo (Urugero :agasendababoyi)
13. Gukuramo inkweto igihe urimo kugenda mu byondo.![]()
![]()
14. Kugura imyenda mishya kuri Noheri.![]()
![]()
15. Iyo uhaye umuntu microphone abanza kuyihuhamo cg kuyikubitaho n’urutoki kugirango yumve ko ivuga( (kabone niyo uyimuhereje yaramaze kuyivugiraho )![]()
![]()
16. Kwirukanka mu nzu yose igihe bategereje abashyitsi .![]()
17. kureba iburyo n’ibumoso mu gihe agiye kwambuka umuhanda w’icyerekezo kimwe.![]()
18: Kubika icupa rya pulasitiki nyuma umaze kuyanywa (amazi) no kuribika kugirango uzarikoreshe ubutaha.![]()
19: Guteganyiriza umugabo intebe ye yihariye ![]()
![]()
20:Kwishimira kwicara iruhande rw’umuzungu muri bus.![]()
![]()
21.Iyo urumushyitsi wirebesha Televiziyo iyo ubonye ibiryo bigeze ku meza
22. Iyo ubajijwe aho ugiye igisubizo ni ndaje cyangwa sinzi aho ngiye !
23.Kujegeza ikibiriti nyuma yo kukigura
24.Umuti w’amenyo wose witwa Colgate
25.Kwambara indorerwamo z’amaso bisobanuye ko uri intiti
26.Isabune y’ifu yo kumesa yose yitwa OMO

