ImyidagaduroLifestyleubureziUbuzimaUncategorized

Urwenya : Ukuri gushirira mu biganiro

Ibintu biranga Abanyafurika😂😂😂

1. Kwihagarika (kunyara) iruhande rw’ubwiherero (umusarani)🚽💦

2. Umugore aryama iruhande rw’urukuta🛌😴

3. kubika imisatsi inyuma y’urugi😂

4. Iyo ubaye umukire abantu bavuga ko ufite inzoka 🐍😁

5. iyo ugeze mu zabukuru uba uri umupfumu😒💔

6. Iyo urimo gukaraba , bakubaza niba hari aho wenda kujya.🤨

7. Kubika amasahani,ibikombe n’ibiyiko ku ruhande by’umwihariko bigenewe abashyitsi.😏🤔

8. Kubara ibice by’inyama.🍖🍛

9. Muri Afurika nta rupfu rusanzwe rubaho ; umwanzi wawe ahora ariwe nyirabayazana warwo.🥺😭

10. Kubara amafaranga nyuma yo kuyakura mu cyuma cya ATM.😅😜

11. Kurongora umugore mwiza byitirirwa kurongora indaya.😟🥵

12. Hari ibice byihariye by’inyama z’inkoko bihora bigenewe umugabo (Urugero :agasendababoyi)

13. Gukuramo inkweto igihe urimo kugenda mu byondo.🤥😇

14. Kugura imyenda mishya kuri Noheri.🤧🥳

15. Iyo uhaye umuntu microphone abanza kuyihuhamo cg kuyikubitaho n’urutoki kugirango yumve ko ivuga( (kabone niyo uyimuhereje yaramaze kuyivugiraho )🥱🎤

16. Kwirukanka mu nzu yose igihe bategereje abashyitsi .😂

17. kureba iburyo n’ibumoso mu gihe agiye kwambuka umuhanda w’icyerekezo kimwe.😁

18: Kubika icupa rya pulasitiki nyuma umaze kuyanywa (amazi) no kuribika kugirango uzarikoreshe ubutaha.🤥

19: Guteganyiriza umugabo intebe ye yihariye 😒💔

20:Kwishimira kwicara iruhande rw’umuzungu muri bus.🤓😍

21.Iyo urumushyitsi wirebesha Televiziyo iyo ubonye ibiryo bigeze ku meza

22. Iyo ubajijwe aho ugiye igisubizo ni ndaje cyangwa sinzi aho ngiye !

23.Kujegeza ikibiriti nyuma yo kukigura

24.Umuti w’amenyo wose witwa Colgate

25.Kwambara indorerwamo z’amaso bisobanuye ko uri intiti

26.Isabune y’ifu yo kumesa yose yitwa OMO

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *